KT Radio Real Talk, Great Music
Kuri uyu wa gatatu, Inteko nyarwanda y’ururimi n’umuco (RALC) yahaye ikigo cy’igihugu cyita ku burezi (REB) ibitabo 1000 bizakoreshwa mu mashuri yisumbuye kugira ngo abana barusheho kumenya umuco w’u Rwanda.
Umunyamabanga nshingwabikorwa wa RALC, Dr James Vuningoma, yavuze ko igitabo batanze gikubiyemo indangagaciro enye zituma Umunyarwanda aba uwo agomba kuba ari we, ngo kikazafasha cyane abana n’abarezi.
Umva inkuru irambuye hano:
Written by: KT Radio Team
Copyright © 2025 KT Radio. All Rights Reserved.
Post comments (0)