Inkuru Nyamukuru

Uko Nyamagabe yari imeze mu myaka 20 ishize ni nako imeze ubu – Perezida Kagame

todayFebruary 27, 2019 31

Background
share close

Perezida w’u Rwanda Kagame Paul arasaba abatuye n’abakomoka i Nyamagabe bafite amikoro, kugira uruhare mu kuvugurura umujyi wabo kuko bimaze kugaragara ko aho gukura usubira inyuma.
Umukuru w’igihugu yabivuze ejo ku wa kabiri, mu ruzindiko rw’umunsi umwe yagiriye mu karere ka Nyamagabe, akahasanga ibibazo bitoroshye bituma umujyi udatera imbere, by’umwihariko icy’isoko rya kijyambere rimaze imyaka itatu ryubakwa ritarangira.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame asanga nta kosa mu gusibiza umwana watsinzwe

Perezida Kagame yabwiye abashinzwe uburezi ko ntawe ugomba kurengaya umwarimu wasibije umunyeshuri, kuko uwatsinzwe nta mpamvu yo kwimuka. Mu ruzinduko rw’umunsi umwe yagiriye ku wa kabiri mu karere ka Nyamagabe, umukuru w ‘igihugu yasabye abashinzwe uburezi kureba ingamba zikenewe mu kuzamura ireme ry’uburezi, hatekerezwa ku kuzamura ubuyobozi bwa mwarimu kugira ngo abashe kwigisha neza n’umunyeshuri abyungukiremo.

todayFebruary 27, 2019 22

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%