Ngororero: Abaganga babashije gufasha umwana wavukanye amagarama 790 abaho
Abaganga bo ku bitaro bya Muhororo mu Karere ka Ngororero, babashije kurokora ubuzima bw’umwana w’umukobwa wavukanye amagarama 780, ku byumweru 27 yari amaze mu nda ya nyina. Byari ibyishimo gusezerera Ishimwe n’ababyeyi be bagataha mu rugo nyuma y’amezi atatu mu bitaro Ubuyobozi bw’ibitaro bya Muhororo ahabereye ibyo bisa nk’ibitangaza, buvuga ko abana bacye cyane bavutse ku byumweru 27 ari bo bashobora kubaho, ariko bagerageje amezi atatu agashira uwo mwana afite […]
Post comments (0)