Inkuru Nyamukuru

Gakenke: Babiri baguye mu mpanuka

todayJanuary 4, 2023 132

Background
share close

Kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Mutarama 2023, imodoka yo mu bwoko bwa Daihatsu yakoze impanuka babiri bahasiga ubuzima, umutandiboyi akomereka byoroheje.

Mu makuru Kigali Today ikesha Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhondo, Gasasa Evergiste, yavuze ko iyo mpanuka yaba yatewe n’umuvuduko ukabije aho umushoferi yananiwe gukata ikorosi, ayikubita ku mukingo.

Ati “Imodoka yo mu bwoko bwa Daihatsu, yari ipakiye ibiribwa binyuranye, ubwo yamanukaga mu muhanda Kirenge-Rushashi, ageze ahitwa mu Ruganda, bishobora kuba ari ukubera umuvuduko mwinshi yari afite, bimunanira gukata ayikubita umukingo”.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Burkina Faso yasabye Ambasaderi w’u Bufaransa kuva mu gihugu

Minisiteri y'ububanyi n'amahanga y'u Bufaransa yatangaje ko ku wa kabiri ko bwabonye ibarwa y'abayobozi ba Burikana Faso yanditswe mu Ukuboza umwaka ushize isaba ambasaderi w'u Bufuransa kuva muri icyo gihugu. Kugeza ubu, nta bindi bisobanuro cyangwa ibirenze kuri ibyo Minisiteri y'ububanyi n'amahanga y'u Bufaransa iratangaza. Leta ya Burkina Faso nayo ntaco yashatse kuvuga ku byatangajwe n’u Bufaransa. Ambasaderi w’U bufransa muri Burika Faso, Luc Hallade, aho aherereye ari muri iki […]

todayJanuary 4, 2023 44

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%