Abaguze ibinyabiziga muri cyamunara ya Polisi barasabwa kugana RRA bagakorerwa ’mutation’
Umuvugizi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imisoro n’Amahoro (RRA), Jean Paulin Uwitonze, avuga ko bashobora kwandika moto kuri ba nyirazo baziguze muri cyamunara ya Polisi(gukora mutation), aho gutinzwa no gusaba izo serivisi kuri Polisi y’u Rwanda. RRA ikorera mutation abaguze ibinyabiziga muri cyamunara ya Polisi Hari abo mu Ntara y’Iburasirazuba baheruka kugura moto mu cyamunara ya Polisi mu kwezi k’Ukwakira 2022, bakomeje kwinuba bavuga ko batinze gukorerwa iryo hererekanya (mutation) ryabahesha gusaba […]
Post comments (0)