Abanyamakuru

Jean Claude Rusakara Umugwaneza

todayAugust 24, 2018 1830 9 2

Background
share close

Nitwa Jean Claude Rusakara Umugwaneza maze imyaka 13 mu mwuga w’itangazamakuru. Amashuri yisumbuye nayize muri Petit Seminaire Saint Leon y’i Kabgayi, nkomereza mu iseminari ya Rutongo na Philosophicum ya Kabgayi.

Nize itangazamakuru muri Kaminuza y’u Rwanda na Christian University. Muri 2005 nakoze muri radiyo Maria nkorera ibitangazamakuru bitandukanye birimo Izuba Rirashe rya The Newtimes na  Radiyo Authentique,Ruhagoyacu, Pax press  n’ibindi bitangazamakuru  nibandaga ku nkuru n’ibiganiro by’imyidagaduro  ndetse n’imikino.

Guhera  mu mwaka wa 2014 nakoreye Kigali Today mu karere ka Nyamasheke, 2016 nkorera Kigali Today muri Kigali ku cyicaro cyayo  by’umwihariko nkora ikiganiro Buracyeye n’Urukumbuzi mfatanya na Niwemwiza Anne Marie kuri KT Radio.

Written by: KTradiofm

Rate it

Previous post


Similar posts

Post comments (9)

  1. rwanda on June 16, 2019

    ufite cv y amashuli kbs , kuki utabaye padri ? gusa turabemera mu turirimbo twiza two ha mbere

  2. Damascene on June 8, 2020

    Gira amahoro no guhirwa mu mwuga wahisemo Rusakara dukunda kandi twemera.Wowe n’abo mukorana Imana ibahe umugisha no kuramba!

  3. Rukundo Jonathan on July 19, 2020

    Rusaka ndakwemera cyane mfite amatsiko yo kuzakubona imbona nkubone sawa ugire ibihe byiza ndi i Kinazi mu Ruhango

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%