U Rwanda mu bihugu 50 bidasabwa visa yo kujya muri Iran
Urwego rushinzwe ubukerarugendo muri Iran, rwasabye Guverinoma y’icyo gihugu gukuraho ibijyanye na visa ku bantu bifuza kukijyamo, baturuka mu bihugu 50 byo hirya no hino ku Isi harimo n’u Rwanda. Umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe ubukerarugendo muri Minisiteri y’umuco, ubukerarugendo n’ubugeni, Ali-Asghar Shalbafian, yabwiye ikitwa ‘VisaGuide.World’, ko urwo rutonde rw’ibihugu 50 rwashyikirijwe Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, kugira ngo rwemezwe nyuma iyo gahunda ibe yatangira gushyirwa mu bikorwa. Abaturage bazajya babona visa bageza […]
Post comments (0)