Perezida Kagame yavuze ko azakora ibishoboka byose umutwe wa FDLR ntiwongere guhungabanya Abanyarwanda
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko azakora ibishoboka byose umutwe w’iterabwoba wa FDLR ntukomeze kugaba ibitero ku Rwanda, kandi ko na Jenoside itazongera kuba ukundi. Ibi Umukuru w’Igihugu yabigarutseho ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 8 Gashyantare 2023, ubwo yakiraga Abahagarariye Ibihugu n’Imiryango Mpuzamahanga mu Rwanda, mu isangira risanzwe riba mu ntangiriro z’umwaka. Perezida Kagame yabanje kwifuriza aba Badipolomate umwaka mushya muhire wa 2023, kandi yongera kwihanganisha ibihugu […]
Post comments (0)