Jamaica yiyemeje kwigana u Rwanda muri gahunda yo kudakoresha impapuro muri ‘System’ y’inkiko
Delroy Chuck, Minisitiri w’ubutabera wa Jamaica yavuze ko ubu biteguye gutangira uburyo bwo kudakoresha impapuro mu nkiko ‘paperless court system’ muri uyu mwaka, aho bashobora kurebera ku Rwanda uko rubigenza. Minisitiri Delroy Chuck yavuze ko ubwo buryo buzaba ari kimwe mu bizafasha iyo minisiteri kuvugurura itangwa rya serivisi binyuze mu ikoranabuhanga. Yagize ati, “Twasuye u Rwanda, tureba uko bakoresha iyo gahunda yo kudakoresha impapuro mu nkiko. Nta dosiye ubona mu […]
Post comments (0)