Perezida Kagame yishimanye n’abo mu muryango we ku munsi w’abakundana
Ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri tariki 14 Gashyantare 2023, Perezida Kagame, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, yashyize hanze ifoto imugaragaza ari kumwe n’abo mu muryango we, iherekejwe n’amagambo asa n’agaragaza ko yishimiye kubana na bo ku munsi benshi bafata nk’umwihariko ku bakundana (Valentine’s Day). Muri iyo foto, Perezida Kagame agaragaramo ari kumwe na Madamu Jeanette Kagame, umukobwa we Ange Kagame, ndetse n’abuzuku be babiri. Iyo foto iherekejwe n’amagambo agira ati […]
Post comments (0)