Mu ijambo rye rihumuriza aba basilibateri, Matt yavuze ko ababumazemo imyaka yose bamaze bavutse, bahabwa ama pesos 28.000 pesos (475 euros).
Yavuze ko bitewe n’uko aba bakozi batagira inshingano nyinshi mu rugo, uko bakenewe mu kazi baboneka aho abubatse ingo babuze, bityo ko azirikana umuhate wabo.
Mu bakozi 289, 37 nibo bahawe ibi bihembo nyuma yo gusuzuma neza niba koko ari abaselibateri.
Ibi bihembo byateguriwe abasilibateri muri Filippine, byatanzwe mu ijoro ryo kwizihiza umunsi w’abakundana, ku wa 14 Gashyantare 2023, binashyushywa n’imikino ijyanye no kubashishikariza gushaka.
Post comments (0)