Muri kilometero 10 za mbere, abakinnyi bane ari bo Iribar (Euskaltel), Stewart (Bolton), Arefayne (Eritrea) na Manizabayo Eric (Rwanda).
Manizabayo Eric ntiyaje kubasha kuguma mu itsinda riyoboye aho yaje gusigara ashyikirwa n’igikundi cy’abakinnyi benshi.
Bamaze kugenda Kilometero 113 Thomas Bonnet na Vercher ba Total Energies ndetse na Arefayne wa Eritrea na Stewart wa Bolton baje kuyobora isiganwa ariko umufaransa Thomas Bonnet aza kubatsinda yegukana aka gace.
Kuri uyu wa gatatu tariki 22 Gashyantare 2023, u Rwanda na Jordanie byashyize umukono umukono ku masezerano y'ubufatanye mu nzego zitandukanye zirimo politiki, uburezi, ubucuruzi ndetse no kuvanaho visa ku badipolomate n'abandi bafite pasiporo za serivisi. Aya masezerano yashyizweho umukono na Minisitiri w'ububanyi n'amahanga n'ubutwererane w'u Rwanda, Dr Vincent Biruta na Minisitiri w'Intebe wungirije wa Jordanie akaba na Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga Dr Ayman Abdullah Al- Safadi uri mu ruzinduko rw'iminsi […]
Post comments (0)