Inkuru Nyamukuru

Remera – Rukoma: Abarwaye indwara zirimo izifata imyanya myibarukiro bari kuvurwa ku buntu

todayMarch 27, 2019 50

Background
share close

Abaturage bo mu karere ka Kamonyi bari bafite indwara bamaranye igihe kinini barishimira ko bazivuwe nyuma y’uko haje abaganga b’inzobere bakanabavura ku buntu.
Abo baganga bari ku bitaro bya Remera-Rukoma, ni bamwe mu bagize itsinda ry’abaganga b’inzobere 40 bari mu Rwanda bazanywe n’Umuryango Rwanda Legacy of Hope, bakaba bazamara icyumweru bavura indwara zinyuranye ahanini zisaba kubaga, bakabikorera ku bitaro bitandukanye byo mu gihugu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Sena ntiyumva uburyo umuturage ushoye itungo asoreshwa ataranarigurisha

Hakwiye gutekerezwa uburyo hashyirwa imbaraga mu kongera umubare w’abasora kurusha kongera umusoro hagamijwe ku kugera ku ntego y’igihugu yo kwigira, no kwigenga mu rwego rwo gushobora guhaza ingengo y’imari y’igihugu. Ibi ni bimwe mu byagarutsweho mu kiganiro hagati y’abasenateri ba Komisiyo y’iterambere ry’ubukungu n’imari n’itsinda ryaturutse mu kigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RAA), cyabaye kuri uyu wa mbere tariki 26 werurwe, mu Ngoro y’inteko ishinga amategeko y’uRwanda umutwe wa Sena. Umva […]

todayMarch 27, 2019 50

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%