Inkuru Nyamukuru

Musanze: Abarwaye imidido bihangiye imirimo ibavana mu bwigunge

todayMarch 27, 2019 54

Background
share close

Abarwaye indwara y’amaguru yitwa imidido n’abafite ubumuga buyikomokaho bo mu turere twa Musanze na Burera, basanga nta wukwiye gusabiriza cyangwa guheranwa n’ubukene yitwaje iyi ndwara kuko na bo bashoboye.
Bamwe muri aba bakaba barishyize hamwe biga imyuga yo gukora inkweto n’ibikapu mu bitenge n’impu bikagurishwa hirya no hino ku masoko.
Bemeza ko byatumye bava mu bwigunge.

ISHIMWE RUGIRA Gisele yaganiriye nabo

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Remera – Rukoma: Abarwaye indwara zirimo izifata imyanya myibarukiro bari kuvurwa ku buntu

Abaturage bo mu karere ka Kamonyi bari bafite indwara bamaranye igihe kinini barishimira ko bazivuwe nyuma y’uko haje abaganga b’inzobere bakanabavura ku buntu. Abo baganga bari ku bitaro bya Remera-Rukoma, ni bamwe mu bagize itsinda ry’abaganga b’inzobere 40 bari mu Rwanda bazanywe n’Umuryango Rwanda Legacy of Hope, bakaba bazamara icyumweru bavura indwara zinyuranye ahanini zisaba kubaga, bakabikorera ku bitaro bitandukanye byo mu gihugu. Umva inkuru irambuye hano:

todayMarch 27, 2019 49

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%