Inkuru Nyamukuru

Abadepite bo muri Sierra Leone basuye akarere ka Rubavu

todayMarch 27, 2019 19

Background
share close

Abadepite bagize inteko ishingamategeko mu gihugu cya Sierra Leone bari mu Rwanda baravuga ko banyuzwe n’imikorere y’imipaka mu Rwanda mu korohereza ubuhahirane.

Aba badepite babitangaje nyuma yo gusura ibikorwa by’urujya n’uruza rw’abantu n’ibintu ku mupaka muto n’umunini uhuza imigi Goma na Gisenyi.

Kuri uyu mupaka kandi, bano badepite basuye ibikorwa byo gukumira ko icyorezo cya Ebola cyakwinjira mu Rwanda.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Musanze: Abarwaye imidido bihangiye imirimo ibavana mu bwigunge

Abarwaye indwara y’amaguru yitwa imidido n’abafite ubumuga buyikomokaho bo mu turere twa Musanze na Burera, basanga nta wukwiye gusabiriza cyangwa guheranwa n’ubukene yitwaje iyi ndwara kuko na bo bashoboye. Bamwe muri aba bakaba barishyize hamwe biga imyuga yo gukora inkweto n’ibikapu mu bitenge n’impu bikagurishwa hirya no hino ku masoko. Bemeza ko byatumye bava mu bwigunge. ISHIMWE RUGIRA Gisele yaganiriye nabo

todayMarch 27, 2019 54

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%