MUSANZE – HARI ABANYESHURI BARI GUKORA UBUSHAKASHATSI BUZACYEMURA IKIBAZO CY’UMUSARURO W’IBITOKI UPFA UBUSA
Abanyeshuri biga ibijyanye n’ubuhinzi no gutunganya umusaruro mu kigo Musanze Polytechnic batangiye gukora ubushakashatsi buzafasha kubungabunga umusaruro w’ibitoki, ukabikwa mu gihe kirambye. Aba batangiye gukora ifu na makaroni mu bitoki, bikabikwa igihe kirekire, ku buryo biteze ko mu gihe gito bazatangira kubikora ku buryo bibinnjiriza amafaranga. Ni mu gihe ubuyobozi bwa Rwanda Polytechnic bwo buvuga ko buri kunganira abahanga imirimo nk’iyi kugira ngo bahangane n’ikibazo cy’igishoro gikunze gutuma badapiganwa n’abari […]
Post comments (0)