Inkuru Nyamukuru

Kigali: Prezida Kagame yagaye amahanga ko adashyira mu bikorwa ibyo avuga

todayApril 9, 2019 32

Background
share close

Prezida wa repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaye umuryango mpuzamahanga ko udashyira mu bikorwa ibyo uvuga kuri jenoside yakorewe abatutsi aho abona ko kugeza ubu udashobora kuba hari isomo wakuye mu byabaye mu Rwanda muri 1994.
Ibi yabitangaje kuri uyu wa mbere taliki ya 8 Mata 2019, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru batandukanye bo hirya no hino ku isi byabereye ku kimihurura muri convention center.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kwibuka 25: Madame Jeannette Kagame yafunguye ku mugaragaro ubusitani bw’urwibutso (Jardin de la Mémoire).

Ubwo busitani bwashyizwe iruhande rw’urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Nyanza ya Kicukiro, bukaba bugizwe n’ibice bitandukanye. Uyu munsi hakaba hafunguwe igice cyarwo cya mbere. Madame Jeannette Kagame akaba yafunguye ubu busitani ateramo igiti. Mu ijambo rye yavuze ko ubwo busitani bwatekerejwe mu rwego rwo kwerekana ko ubuzima bwakomeje nyuma y’ibibazo. Ubwo busitani bwashyizweho ibuye ry’ifatizo muri Kamena 2000, bukaba bwaratekerejwe na IBUKA ku bufatanye n’umunyabugeni Bruce Clarke. Umva inkuru […]

todayApril 8, 2019 75

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%