Inkuru Nyamukuru

Umubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo ugomba kuba mwiza – Perezida Kagame

todayApril 9, 2019 19

Background
share close

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umubano hagati y’u Rwanda na Afurika y’Epfo ugomba kuba mwiza, kubera ko hari ibyo ibihugu byombi biri gukora ngo uwo mubano wongere ube mwiza. Yabivuze kuri uyu wa mbere 08 Mata 2019, mu kiganiro n’abanyamakuru, cyibanze ku rugendo rw’imyaka 25 u Rwanda rwakoze mu kwiyubaka, nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi.
Perezida Kagame yavuze ko hari ibirimo gukorwa n’abayobozi ku mpande zombi, kandi ko afite ikizere ko umubano hagati y’ibihugu byombi uzaba mwiza.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Kigali: Prezida Kagame yagaye amahanga ko adashyira mu bikorwa ibyo avuga

Prezida wa repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaye umuryango mpuzamahanga ko udashyira mu bikorwa ibyo uvuga kuri jenoside yakorewe abatutsi aho abona ko kugeza ubu udashobora kuba hari isomo wakuye mu byabaye mu Rwanda muri 1994. Ibi yabitangaje kuri uyu wa mbere taliki ya 8 Mata 2019, mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru batandukanye bo hirya no hino ku isi byabereye ku kimihurura muri convention center. Umva inkuru irambuye hano:

todayApril 9, 2019 32

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%