Umubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo ugomba kuba mwiza – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umubano hagati y’u Rwanda na Afurika y’Epfo ugomba kuba mwiza, kubera ko hari ibyo ibihugu byombi biri gukora ngo uwo mubano wongere ube mwiza. Yabivuze kuri uyu wa mbere 08 Mata 2019, mu kiganiro n’abanyamakuru, cyibanze ku rugendo rw’imyaka 25 u Rwanda rwakoze mu kwiyubaka, nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Perezida Kagame yavuze ko hari ibirimo gukorwa n’abayobozi ku mpande zombi, kandi ko […]
Post comments (0)