Inkuru Nyamukuru

Kwibuka 25: Ndayisaba Fabrice Foundation yibutse abana n’ibibondo bishwe muri Jenoside

todayApril 9, 2019 20

Background
share close

Umuhanzi Munyanshoza Dieudonné uzwi ku izina rya Mibirizi, avuga ko jenoside yakorewe Abatutsi yahitanye abantu benshi b’inzirakarengane, ariko yagera ku bana b’ibitambambuga ikabigirizaho nkana.
Munyasnhoza avuga ko abicaga abantu muri Jenoside, bageraga ku bana b’ibitambambuga bataramenya ubwenge bakabica urupfu rubi, kuri we avuga ko birenze ubunyamaswa.
Yabivuze kuri uyu wa kabiri 09 Mata 2019, ubwo Umuryango ‘Ndayisaba Fabrice Foundation’ wibukaga ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi, unibuka ku nshuro ya cyenda, abana n’ibibondo bishwe muri jenoside.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Umubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo ugomba kuba mwiza – Perezida Kagame

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umubano hagati y’u Rwanda na Afurika y’Epfo ugomba kuba mwiza, kubera ko hari ibyo ibihugu byombi biri gukora ngo uwo mubano wongere ube mwiza. Yabivuze kuri uyu wa mbere 08 Mata 2019, mu kiganiro n’abanyamakuru, cyibanze ku rugendo rw’imyaka 25 u Rwanda rwakoze mu kwiyubaka, nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Perezida Kagame yavuze ko hari ibirimo gukorwa n’abayobozi ku mpande zombi, kandi ko […]

todayApril 9, 2019 19

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%