Perezida wa Repubulika twabanje kumwanga tutarumva akamaro ko kutihorera (Ubuhamya)
Hari abarokotse Jenoside b’i Mata mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko babanje kwanga Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, kuko ngo yababujije kwihorera nyamara barumvaga ari byo byabamara umujinya bari bafitiye ababiciye ababo. Jean Paul Habimana Jean Paul Habimana wari ufite imyaka 12 mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, yabivuze tariki 29 Mata 2023 mu buhamya ku buzima bwe mu gihe cya Jenoside, yavugiye imbere y’abari bateraniye i Mata mu gikorwa […]
Post comments (0)