Inkuru Nyamukuru

Kwiyongera kw’ababyaza b’umwuga byagabanyije impfu z’ababyeyi

todayMay 6, 2019 58

Background
share close

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) itangaza ko impfu z’ababyeyi zagabanutse mu buryo bugaragara kubera ababyaza b’umwuga biyongereye ku buryo buri vuriro nibura rifite umwe.

Byavugiwe mu gikorwa cyo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ababyaza, cyabaye kuri uyu wa 6 Gicurasi 2019, kikaba cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye mu nzego z’ubuzima, abanyeshuri biga ububyaza n’ababukora mu mavuriro atandukanye.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Polisi yatangije ubukangurambaga bwitezweho kugabanya impanuka zo mu muhanda

Polisi y’u Rwanda yatangije ubukangurambaga buzamara umwaka bugamije gukangurira Abanyarwanda gukoresha umuhanda neza mu rwego rwo kurushaho kugabanya umubare w’impanuka zihitana abantu. Ubu bukangurambaga bwiswe “Gerayo amahoro” bwatangijwe kuri uyu wa mbere. Bwitezweho kuzagabanya impanuka zo mu muhanda ku kigero cya 30%, mu mwaka umwe, nk’uko byemezwa n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo ushinzwe ubwikorezi, Jean de Dieu Uwihanganye. Umva inkuru irambuye hano:

todayMay 6, 2019 48

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%