Rubavu: Cyanzarwe, guhenda kwa serivisi zo kuboneza urubyaro gutuma abagore batazitabira
Mu karere ka Rubavu abaturage baravuga ko bitabiriye ubukangurambaga bukomatanyije bwa gahunda ya Baho neza kubera ko bumvishe ko kuboneza urubyaro byagizwe ubuntu. Umwe mu baganiriye n’umunyamakuru wa KT Radio ubwo iyi gahunda yatangizwaga ku munsi w’ejo mu murenge wa Cyanzarwe yavuze ko iyi gahunda ayitegerejeho amahirwe yo kuboneza urubyaro kuko bikorwa ku buntu, mu gihe mu minsi isanzwe basabwa amafaranga, bigatuma bamwe babyara indahekana batabishaka. Ku munsi wa mbere […]
Post comments (0)