Inkuru Nyamukuru

Transform Africa 2019: Robo Sophia yashimye ikoranabuhanga ryo mu Rwanda

todayMay 15, 2019 19

Background
share close

Kuri uyu wa gatatu abitabiriye inama ya gatanu yiga ku ruhare rw’ikoranabuhanga mu rugamba rwo guhindura amateka y’Afurika (Transform Africa Summit), babashije kwihera amaso I robot ifite ubwenge, yahawe izina rya Sophia.

Iyi robot ikaba ivuga ko kuba ibigo bitandukanye ku mugabane w’africa birimo kwifashisha ubwenge bw’ubukorano mu guhindura imibereho y’abanyafrica ari ibintu byo kwishimira.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Rubavu: Cyanzarwe, guhenda kwa serivisi zo kuboneza urubyaro gutuma abagore batazitabira

Mu karere ka Rubavu abaturage baravuga ko bitabiriye ubukangurambaga bukomatanyije bwa gahunda ya Baho neza kubera ko bumvishe ko kuboneza urubyaro byagizwe ubuntu. Umwe mu baganiriye n’umunyamakuru wa KT Radio ubwo iyi gahunda yatangizwaga ku munsi w’ejo mu murenge wa Cyanzarwe yavuze ko iyi gahunda ayitegerejeho amahirwe yo kuboneza urubyaro kuko bikorwa ku buntu, mu gihe mu minsi isanzwe basabwa amafaranga, bigatuma bamwe babyara indahekana batabishaka. Ku munsi wa mbere […]

todayMay 15, 2019 35

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%