Inkuru Nyamukuru

Thrombosis: Indwara ihitana benshi, benshi badafiteho amakuru

todayMay 21, 2019

Background
share close

Ashimwe Christine watorewe kuba umunyamurwango wa komite yo kurwanya indwara yo kuvura gukabije kw’amaraso izwi nka Thrombosis, aratangaza ko kuva uyu mwaka wa 2019 watangira, imaze guhitana abagore batanu.
Iyi ndwara ikunze kwibasira abagore batwite n’ababyaye ariko igafata n’abagabo cyane cyane abahora bicaye n’abafite umubyibuho ukabije aho amaraso avura akaba yagera mu mpyiko, umutima cyangwa se n’umwijima aribyo biviramo uwafashwe nayo urupfu.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

NYABIHU: ABIYITA ABADIDA BAKORA URUGOMO BARABURIRWA N’UBUYOBOZI

Abaturage bo muri Centre ya Gasiza iri mu murenge wa Rambura, akarere ka Nyabihu, baratabaza ubuyobozi kubera insoresore ziyita “Abadida” zikunze kubakorera urugomo, zikabambura ibyabo. Inzego z’ubuyobozi muri kano karere ka Nyabihu zivuga ko zizi iki kibazo kandi ko ziri gufatanya n’abaturage n’inzego z’umutekano, mu kugishakira umuti. Ndetse ngo hari n’abazwiho iyi ngeso bamaze gushyikirizwa inzego z’ubutabera abandi bakaba bagishakishwa. Umva inkuru irambuye hano:

todayMay 21, 2019 22

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%