Ukraine yisubije ibyaro bitatu mu gitero yigaranzuyemo u Burusiya
Ukraine yatangaje ko yabohoye ibyaro bitatu byo mu majyepfo ashyira uburasirazuba bw'igihugu, mu ntsinzi zayo za mbere zo mu gitero cyo kwigaranzura abasirikare b'Uburusiya bayiteye cyari kimaze igihe cyitezwe. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga yerekanye abasirikare ba Ukraine barimo kwishimira intsinzi mu byaro bituranye bya Blahodatne na Neskuchne byo mu karere ka Donetsk. Minisitiri wungirije w'ingabo wa Ukraine yavuze ko icyaro cya Makarivka kiri hafi aho na cyo cyafashwe. Ku […]
Post comments (0)