Inkuru Nyamukuru

Ba Veterirneri batubahiriza itegeko rigenga ibiciro byo kuvura bahagurukiwe

todayMay 27, 2019

Background
share close

Leta yahagurukiye abaveterineri bigenga baca aborozi amafaranga bishakiye igihe bagiye kuvura amatungo, kandi hari iteka rigena ibiciro by’ubuvuzi bw’amatungo.
Iteka rya Minisitiri no 017/11.30 ryo ku wa 21 Ukuboza 2017, rishyiraho ikigereranyo cy’amafaranga yishyurwa umuganga w’amatungo (Veterinaire), ryerekana ibiciro bya serivisi zitandukanye ariko ntibyubahirizwa, cyane ko n’aborozi batarizi bigatuma bahendwa.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Guhenda kw’ibikoresho byo kuhira, imbogamizi ku bahinzi

Abahinzi bavuga ko bakunda kuhira ariko ko ibikoresho bigezweho byo kubikora bihenze kandi n’amabanki akaba atabaha inguzanyo uko babyifuza ngo babigure. Babitangarije mu nama yabaye ejo ku wa kane, igahuza Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) n’abafatanyabikorwa bayo barimo umushinga wa Hinga Weze ndetse na bamwe mu bahinzi, hagamijwe kureba imbogamizi abahinzi bifuza kuhira imirima yabo bahura na zo n’uko zabonerwa ibisubizo. Umva inkuru irambuye hano:

todayMay 24, 2019 30

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%