Murarikiwe ikiganiro ‘EdTech’ kigaruka ku ikoranabuhanga mu burezi
Ikiganiro EdTech kigaruka ku ikoranabuhanga rikoreshwa mu burezi, igice cyacyo kizaba ku wa Mbere tariki 26 Kamena 2023, kizibanda ku ‘Burezi bukomatanya uburyo gakondo n’iyakure mu Rwanda’, bigamije kwihutisha ubu buryo bw’imyigire. Ikiganiro ku ikoranabuhanga mu burezi Miliyari 1.6 z’urubyiruko rw’abanyeshuri byabaye ngombwa ko baba bahagaritse amasomo yabo, amashuri arafunga nyuma y’umwaduko w’icyorezo cya Covid-19, nka bumwe mu buryo bwo kucyirinda no gutuma kidakwirakwira. Ibi byagize ingaruka mu myigishirize hirya […]
Post comments (0)