Abakanishi b’Abanyarwanda bamaze gutwara isoko Abanyamahanga
Mu gihe mu myaka nka 10 yakurikiye ihagarikwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi, umwuga w’ubukanishi mu Rwanda wari wihariwe ahanini n’abanyamahanga by’umwihariko abanya-Uganda, ubuyobozi bwa Koperative Icyerekezo, yibumbiyemo abakanishi, abanyamagaraji ndetse n’abacuruzi b’ibyuma by’ibinyabiziga bakorera mu Gatsata mu Mujyi wa Kigali buravuga ko kuri ubu uyu mwuga usigaye ukorwa n’Abanyarwanda ubwabo. Koperative Icyerekezo kandi ivuga ko ubu nta muntu ukirirwa yambukana imodoka ye imipaka agiye kuyikanikisha mu bindi bihugu kuko ngo […]
Post comments (0)