Inkuru Nyamukuru

Abahinzi, abashoferi, n’abamotari ku isonga ry’urutonde rw’abahamwe na ruswa – Raporo y’Umuvunyi

todayMay 31, 2019 16

Background
share close

Urwego rw’umuvunyi ruratangaza ko rwafashe ingamba zo gukaza umurego mu gukurikirana no guteza cyamunara imitungo y’abantu bahamwe n’icyaha cya ruswa. Mu kiganiro urwo rwego rwagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Gatanu 31 Gicurasi 2019, rwasohoye urutonde rw’abahamwe n’icyaha cya ruswa, runagaragaza amafaranga yavuye mu manza zarangijwe. Ni urutonde ruyobowe n’abantu bo mu byiciro biciriritse, ku isonga hakaza abahinzi, abashoferi ndetse n’abamotari.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

“Ndibuka inka igurwa amafaranga 5,000, fanta igurwa 20Frw”

Bamwe mu Banyarwanda bagerageza kwibuka uburyo ifaranga ry’u Rwanda ryagiye ritakaza agaciro kuva mu mwaka w’1964 ubwo ryashyirwagaho, baravuga ko uko ibiciro birushaho kuzamuka buri mwaka ngo bigenda bibateza ubukene. Impuguke mu by’ubukungu zo zisobanura ko impamvu ibiciro birushaho kuzamuka, ngo biterwa n’uko abaturage barushaho kwifuza ibicuruzwa mvamahanga kurusha ibyo boherezayo. Simon Kamuzinzi yaganiriye na bamwe mu banyarwanda babayeho mu myaka ya kera, bamubwira uko ibiciro byari byifashe. Umva inkuru […]

todayMay 31, 2019 62

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%