“Ndibuka inka igurwa amafaranga 5,000, fanta igurwa 20Frw”
Bamwe mu Banyarwanda bagerageza kwibuka uburyo ifaranga ry’u Rwanda ryagiye ritakaza agaciro kuva mu mwaka w’1964 ubwo ryashyirwagaho, baravuga ko uko ibiciro birushaho kuzamuka buri mwaka ngo bigenda bibateza ubukene. Impuguke mu by’ubukungu zo zisobanura ko impamvu ibiciro birushaho kuzamuka, ngo biterwa n’uko abaturage barushaho kwifuza ibicuruzwa mvamahanga kurusha ibyo boherezayo. Simon Kamuzinzi yaganiriye na bamwe mu banyarwanda babayeho mu myaka ya kera, bamubwira uko ibiciro byari byifashe. Umva inkuru […]
Post comments (0)