Inkuru Nyamukuru

Kaminuza y’u Rwanda irifuza ko abaturage babyaza umusaruro ubushakashatsi buhakorerwa

todayJune 7, 2019

Background
share close

Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda, Ishami ry’ubuhinzi n’ubworozi riherereye mu karere ka Musanze, burasaba abaturage kubagana bakabahugura mu ikoranabuhanga ishuri rimaze kugeraho mu buhinzi, kugira ngo barusheho kubyaza umusaruro ubutaka buto bafite.
Muri iryo shuri habereye imurikabikorwa kuri ubwo bushakashatsi bw’abanyeshuri mu ikoranabuhanga mu buhinzi, igikorwa kigamije kugaragaza udushya mu buhinzi bw’umwuga, kandi bugamije guteza imbere umuhinzi n’umuguzi, cyane cyane bahereye ku baturiye ishuri.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Ubyumva Ute?

Ubyumva Ute – Icyumweru Cyahariwe Ubutaka

Muri kino kiganiro Anne Marie Niwemwiza aragaruka ku cyumweru cyahariwe ku bikorwa by'ubutaka, ndetse n'ibibazo byose biri mu itangwa, iyandikisha n'ikodeshwa ry'ubutaka. Ari kumwe na Jean Baptiste Mukarage wo mu gashami gashinzwe imicungire y'ubutaka mu kigo cy'igihugu cy'imicungire y'ubutaka, na Leonard Kayonga wo mu gashami gashinzwe imikoreshereze y'ubutaka mu kigo cy'igihugu cy'imicungire y'ubutaka Umva ikiganiro kirambuye hano:

todayJune 6, 2019 19

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%