Amajyaruguru: Mu mezi 3 mudasobwa 136 zimaze kwibwa mu bigo by’amashuri
Nyuma y’uko abajura bateye ku rwunge rw’amashuri rwa Kagogo mu karere ka Burera bakiba mudasobwa 46, ubuyobozi bwa Police mu ntara y’amajyaruguru burasaba urubyiruko rw’abakorerabushake kongera imbaraga mu bikorwa byo guhashya ubujura. Izo mudasobwa zibwe mu ijoro ryo ku itariki 4 Kamena 2019, ariko Police yo mu karere ka Burera yabashije kugaruza 44 kuri mudasobwa 46 zari zibwe. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)