Haracyari ikibazo cy’ubwoko bw’amaraso adakunze kuboneka – Dr Swaibu Gatare
Ikigo cy’igihugu cyo gutanga amaraso gitangaza ko mu Rwanda hakiri ikibazo cy’ubuke bw’ubwoko bw’amaraso adakunze kuboneka (Rhésus négatif), nubwo ntawe urabura ubuzima kubera icyo kibazo. Byatangajwe na Dr Swaibu Gatare, umuyobozi mukuru w’icyo kigo ejo ku wa kane, ubwo yari mu nama mpuzamahanga yiga ku gutanga amaraso. Dr Swaibu Gatare avuga kandi ko icyo kibazo kitari mu Rwanda gusa, ko ahubwo n’ahandi ku isi gihari kuko abafite ubwoko bw’ayo maraso […]
Post comments (0)