Inkuru Nyamukuru

Abacungagereza bahawe umukoro wo kugorora abatazasubira muri gereza

todayJune 15, 2019 73

Background
share close

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta Johston Busingye arasaba abacungagereza kurushaho kunoza umwuga bakora, bagaharanira kugorora abagororwa kuburyo urangije igihano atongera kwishora mu byaha byakongera kumusubiza muri gereza.
Yabivuze ejo ku wa kane, ubwo yahaga ipeti rya ‘Jail Warder’ abacungagereza 225 barangije amahugurwa y’ibanze abemerera kwinjira mu mwuga w’ubucungagereza.

Umva inkuru irambuye:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abayobozi ba Afurika basobanuye imigambi bafitiye Intego z’Iterambere rirambye

Abakuru b’ibihugu bya Africa barimo Perezida w’u Rwanda, baratangaza ko bazihutisha Intego z’iterambere rirambye (SDGs), bashingiye ku mutungo kamere w’uyu mugabane, gufashanya ndetse no guhahirana hagati y’ibihugu biwugize. Babitangarije mu nama yari imaze iminsi itatu ibera i Kigali, isuzuma aho Afurika igeze ishyira mu bikorwa intego isi yihaye muri 2015, zigamije kugera ku Iterambere rirambye. Umva inkuru irambuye hano:

todayJune 15, 2019 29

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%