Abacungagereza bahawe umukoro wo kugorora abatazasubira muri gereza
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta Johston Busingye arasaba abacungagereza kurushaho kunoza umwuga bakora, bagaharanira kugorora abagororwa kuburyo urangije igihano atongera kwishora mu byaha byakongera kumusubiza muri gereza. Yabivuze ejo ku wa kane, ubwo yahaga ipeti rya ‘Jail Warder’ abacungagereza 225 barangije amahugurwa y’ibanze abemerera kwinjira mu mwuga w’ubucungagereza. Umva inkuru irambuye:
Post comments (0)