Musalia Mudavadi wo muri Kenya yazaniye ubutumwa Perezida Kagame
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa bya Guverinoma muri Kenya, Musalia Mudavadi. Mudavadi ari mu ruzinduko mu Rwanda kuva kuri uyu wa Gatanu tariki 06 Ukwakira 2023, akaba yazaniye Perezida Paul Kagame ubutumwa bwa mugenzi we wa Kenya , William Ruto. Ibiro bishinzwe ibikorwa bya Guverinoma ya Kenya, byatangaje ko uretse ubutumwa bwa Perezida William Ruto, Mudavadi yazaniye mugenzi […]
Post comments (0)