Inkuru Nyamukuru

Byinshi kuri SIR BOBBY CHARLTON wakiniye Manchester United

todayOctober 24, 2023

Background
share close

Sir Bobby Charlton ni umwe mu bakinnyi babiri batwaye Igikombe cy’Isi 1966, mu ikipe y’u Bwongereza, wari usigaye ku isi. Yitabye Imana tariki 21 Ukwakira 2023.

Menya byinshi ku mateka ye muri UMUSPORTIF W’ICYUMWERU:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Ukekwaho ubujura wari ugiye gushyikirizwa u Burundi yikomerekeje birasubikwa

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwasubitse igikorwa cyo gushyikiriza inzego z’umutekano z’u Burundi uwitwa Bukeyeneza Jolis w’imyaka 30, ukekwaho kunyereza amafaranga menshi y’Amarundi agahungira mu Rwanda. Abayobozi ku ruhande rw’u Rwanda n’urw’u Burundi bemeje ko kohereza Bukeyeneza bizakorwa nakira Mu gitondo cyo ku wa Gatanu, tariki 20 Ukwakira 2023, nibwo hari hateganyijwe igikorwa cyo gushyikiriza inzego z’umutekano z’u Burundi Bukeyeneza, ariko gisubikwa ku munota wa nyuma. Ni nyuma y’uko RIB […]

todayOctober 21, 2023

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%