Gukemura amakimbirane no kugera ku iterambere birashoboka– Gen (Rtd) Kabarebe
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe yagaragaje ko u Rwanda ari urugero rwiza rwo kureberwaho ku gukemura amakimbirane akomeje kugaragara hirya no hino mu bihugu by’Afurika. Gen Rtd James Kabarebe yavuze ko u Rwanda rwiteguye gutanga ubufasha mu bikorwa byo kugarura amahoro muri Afurika Gen (Rtd) James Kabarebe yabigarutseho ku wa Mbere tariki 27 Ugushyingo 2023, mu nama y’iminsi ibiri y’ihuriro […]
Post comments (0)