Inkuru Nyamukuru

Wari uzi ko igisura ari kimwe mu bishobora kongerera umubyeyi amashereka?

todayJuly 17, 2019 165

Background
share close

Iyo umubyeyi amaze kubyara, usanga ahangayikishijwe no kubona amashereka kugira ngo umwana abashe kubona ibimutunga cyane cyane ko amabwiriza y’ubuzima avuga ko umwana atungwa n’amashereka gusa mu mezi 6 ya mbere.
Ku bwibyo, usanga umubyeyi hari amafunguro yitaho cyane kugira ngo amwongerere amashereka.
Muri iyi nkuru murumva impamvu zitera umubyeyi kubura amashereka n’uburyo igisura ari kimwe mu biribwa byongera amashereka.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Burera hamenywe ibiyobyabwenge bya miliyoni 9

Ubuyobozi n’inzego z’umutekano mu karere ka Burera, muri icyi cyumweru bamennye banatwika ibiyobyabwenge bifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 9, igikorwa cyabereye mu murenge wa Cyanika. Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuzima rusange n’ubuvuzi bw’ibanze muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Patrick NDIMUBANZI yabwiye abaturage ko bafite inshingano zo gutanga amakuru ku bantu babikwirakwiza n’ababinywa. Dr Ndimubanzi akemeza ko gutanga amakuru ari bwo buryo bwo gukumira ingaruka ziterwa n’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge zirimo amakimbirane, […]

todayJuly 17, 2019 48

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%