Wari uzi itandukaniro riri hagati y’icyaha cya Jenoside n’icyibasira inyokomuntu?
Icyaha cya Jenoside ndetse n’icyibasiye inyokomuntu ni ibyaha bidasanzwe mu gihe cy’amakimbirane, ndetse usanga byose byibasira abaturage mu buryo bukomeye ariko bikagira aho bitandukaniye bitewe n’uburyo bikorwamo. Jenoside yose igira uko itegurwa, ntabwo ipfa kuba ndetse n’umugambi wayo usanga ari inzira ndende ifata igihe nk’uko byagaragaye mu mateka y’u Rwanda, guhera mu gihe cy’Abakoloni hashyirwaho indangamuntu irimo amoko n’amategeko asumbanya Abanyarwanda. Mu gushaka kumenya itandukaniro riri hagati y’ibi byaha byombi […]
Post comments (0)