Perezida Kagame yitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 60 y’impinduramatwara muri Zanzibar
Perezida Paul Kagame ari mu bakuru b'ibihugu bitabiriye umuhango wo kwizihiza imyaka 60 ishize habaye impinduramatwara muri Zanzibar mu birori byabereye kuri Amaan Stadium. Perezida Kagame yageze muri Zanzibar mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 12 Mutarama aho yakiriwe na mugenzi we wa Zanzibar, Dr Hussein Ali Mwinyi, akaba ari we Mukuru w’Inama ishinzwe Impinduramatwara muri Zanzibar. Umukuru w'Igihugu yifatanyije na Dr. Hussein Ali Mwinyi, Perezida wa Zanzibar, […]
Post comments (0)