Umujyi wa Kigali washyize umucyo ku nyubako zisenywa zamaze kuzura
Umujyi wa Kigali watangaje impamvu hari inyubako zijya zisenywa kandi zamaze kubakwa kuko ba nyirazo baba batakurikije icyo amategeko ateganya. Umuyobozi w’umujyi wa Kigali Dusengiyumva Samuel avuga ko abantu basenyerwa bituruka kuba barubatse nta cyangombwa bafite bakabikora mu buryo bunyuranyije n’Amategeko kandi budakurikije igishushanyo mbonera cy’umujyi. Ati “Umujyi wa Kigali wakoze ubugenzuzi usanga hari abantu bubatse mu buryo budakurikije amategeko abo ni abubatse badafite uruhushya harimo abagiye bubaka mu mbago […]
Post comments (0)