Inkuru Nyamukuru

Ntarama: Abaturage biyubakiye ibiro by’umurenge bya miliyoni 85

todayAugust 6, 2019 40

Background
share close

Abaturage bo mu murenge wa Ntarama mu karere ka Bugesera batangaza ko nyuma yo gusanga ubuyobozi bw’umurenge wabo bukorera mu nyubako itajyanye n’igihe, bihaye umuhigo wo kubaka ibiro bishya byuzuye bitwaye miliyoni 85 z’amafaranga y’u Rwanda.
Ubuyobozi bw’akarere ka Bugesera buvuga ko igikorwa cy’aba baturage kigaragaza ko bamaze kumva ko kwibohora ari urugendo, kandi ko buri wese agomba kurugiramo uruhare.

Abaturage b’umurenge wa Ntarama bavuga ko nyuma yo kuzuza ibiro bishya by’umurenge, hagiye gukurikiraho kubaka ibiro by’utugari tugize uyu murenge, natwo tugagira inyubako zigezweho.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abatwaza ba mukerarugendo biyemeje gusobanura amateka nyayo y’igihugu

Abanyamuryango ba Koperative yitwa Kabeho ngagi Sabyinyo igizwe n’abatuye mu mirenge ikora kuri Pariki y’ibirunga bahoze bashimuta inyamaswa no kwangiza Pariki, barishimira ko babashije guhindura imyumvire ubu bakaba bagira uruhare mu kuyibungabunga no gutwara imizigo ya ba mukerarugendo bayisura. Iyi Koperative yatangiye gukora mu mwaka wa 2009. Icyo gihe na mbere yahoo, Pariki y’ibirunga yari yugarijwe na ba rushimusi n’abayangizaga. Iyi Koperative yaje kuba imwe mu zikorana n’ikigo RDB mu […]

todayAugust 6, 2019 35

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%