RDF yasobanuye gahunda yo kwinjiza mu gisirikare Abasivili bakwitabazwa bibaye ngombwa
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwagiranye ikiganiro n’itangazamakuru kigamije gusobanurira Abanyarwanda n’urubyiruko by’umwihariko, igikorwa cyo kwinjiza mu Ngabo abazwi nk’Inkeragutabara bakwitabazwa mu gihe bibaye ngombwa. Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga yavuze ko abantu bafite ubumenyi bwihariye bazajya bakirwa mu Mutwe w’Inkeragutabara hatagendewe ku myaka bafite. Ati: “Nk’abaganga, tukaba tubakeneye n’iyo baba bafite imyaka 40, tukaba twabinjiza mu gisirikare bagakora imyitozo y’igihe gito kugira ngo bamenye umwuga wa […]
Post comments (0)