Perezida Kagame yemereye ubutaka kaminuza ya AUCA
Perezida wa Repubulika Paul Kagame asanga kugira ngo abaturage bagire ubuvuzi buhamye, bisaba ko abakora muri iyo serivisi baba barabiherewe ubumenyi muri za kaminuza zikomeye, bakaba ari abanyamwuga kandi babifitemo ubunararibonye. Yabivuze kuri uyu wa mbere ubwo yafunguraga ku mugaragaro Kaminuza y’ubuvuzi y’ Itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa karindwi muri Afurika yo hagati (AUCA). Muri uyu muhango, Perezida Kagame yavuze ko yashimishijwe no gutaha iyo kaminuza, avuga ko ari indi nkunga […]
Post comments (0)