Hari abagabo batishimiye uburyo bwo kuboneza bw’agapira n’ibinini
Bamwe mu bagabo bafite abagore bari muri gahunda yo kuboneza urubyaro baranenga uburyo bwo kuboneza urubyaro ku bagore bw’agapira n’ibinini kuko bibabyibushya cyane, abandi bikabananura hakagira nabo bitera uburwayi. Ibi babitangaje mu gihe ku wa kane tariki 26 Nzeri hizizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe kuboneza urubyaro. Ushinzwe ubuzima bw’imyororokere mu kigo cy’igihugu cyita ku buzima RBC, Serucaca Joel avuga ko ubu buryo hari abagore bubera bwiza ko abo byanga biterwa n’umubiri […]
Post comments (0)