Kigali:Inzobere z’abaganga zirimo kuvura kanseri y’ibere ku buntu
Abaganga b’inzobere mu kuvura kanseri y’ibere n’ibibyimba byo mu mutwe baturuka muri bimwe mu bihugu by’i Burayi, bari mu Rwanda aho ku bufatanye n’abo mu Rwanda batangiye kuvura kanseri y’ibere ku buntu.\ Ni itsinda ry’abaganga 10, bazanwa n’umuryango ‘Rwanda Legacy of Hope’ nk’uko usanzwe ubikora kuva muri 2012, aho uzana abaganga b’inzobere mu ndwara zitandukanye ziba zarananiranye mu rwego rwo kunganira abaganga b’Abanyarwanda ngo hagabanuke umubare w’abarwayi bategereza igihe kirekire […]
Post comments (0)