Mu kwezi kw’Ukwakira haratangwa ibitabo miliyoni imwe mu mashuri abanza -MINEDUC
Umuyobozi mukuru muri minisiteri y’uburezi ushinzwe igenamigambi na Politiki y’uburezi Rose Baguma, aravuga ko iyo umwana adatojwe gusoma hakiri kare adashobora kubikora ageze mu mashuri makuru. Yabitangaje kuri uyu wa 30 Nzeri ubwo hasozwaga ukwezi kwo gusoma no kwandika mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Karangazi. Rose Baguma avuga ko ubu abanyarwanda 73% aribo bazi gusoma no kwandika, akemeza ko kugira ngo uyu mubare ugere ku ijana ku ijana […]
Post comments (0)