Inkuru Nyamukuru

IPRC-Huye irashishikariza abanyeshuri b’abatangizi gutangira amasomo banatekereza ku cyo bazamara

todayOctober 4, 2019 58 1

Background
share close

Abanyeshuri b’abatangizi mu mwaka wa mbere muri IPRC-Huye barasabwa gutangira amasomo yabo banibaza ku byo bazahanga byazabateza imbere bikanagirira u Rwanda akamaro, kuko ngo guhanga ibishya bidasaba gutegereza kurangiza amashuri.

Umuyobozi w’iri shuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro, Dr. Barnabé Twabagira, yabibabwiye ubwo basozaga icyumweru cyo gutozwa ubutore banamenyerezwa ibyo muri iri shuri, uyu munsi kuwa gatanu tariki 4 Ukwakira.

Muri IPRC-Huye muri uyu mwaka hagomba gutangira abanyeshuri 600, ariko abitabiriye icyumweru cyo kumenyerezwa ni 472. I28 bataraza nab o ngo bamaze kwiyandikisha, kandi bagiye bagaragariza ubuyobozi bw’iri shuri impamvu zo kutahagerera rimwe n’abandi.

Umva inkuru irambuye hano:

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Abanyeshuri 2 bafunzwe bakekwaho gukubita umutetsi

Abanyeshuri 2 biga ku ishuri rya TVET Cyondo bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Karama umurenge wa Karama bakekwaho gukubita no gukomeretsa umutetsi wabo. Ababyeyi babo basaba ubuyobozi kubafasha bakumvikana n’uwahohotewe hanyuma abana bakarekurwa bagakurikiranwa bari hanze bikabafasha kwitabira ibizamini ngiro bizatangira kuwa 07 Ukwakira. Murekatete Julliet umuyobozi w’akarere ka Nyagatare wungirije ushinzwe imibereho myiza avuga ko bibabaje kuba abana barwana n’ubatekera. Avuga ko bagiye gukurikirana ikibazo harebwe imyitwarire y’aba […]

todayOctober 3, 2019 22

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%