Inkuru Nyamukuru

Abashaka kutwigisha uko tubaho, ntibazi ko twabayeho mbere yabo – President Kagame

todayOctober 6, 2019 57

Background
share close

President w’u Rwanda Kagame Paul ku wa gatandatu yifatanyije n’abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda muri gahunda ngarukamwaka ya Rwanda Day imaze kuba ubukombe nyuma y’imyaka 10 iyi gahunda itangiye.
Rwanda Day y’uyu mwaka yabereye mu mujyi wa Bonn, wahoze ari umurwa mukuru w’ubudage.
Muri iyi Rwanda Day president Kagame yahaye itike umukobwa urangije kwiga kaminuza mu ishami ry’ubuvuzi wifuza kuza gukorera mu Rwanda.

Written by: KT Radio Team

Rate it

Previous post

Inkuru Nyamukuru

Bitarenze Ukwakira Umujyi wa Kigali uragaragaza ahemerewe kubakisha rukarakara.

Ubuyobozi bw'Umujyi wa Kigali butangaza ko hari itsinda ririmo gukora inyigo mu duce twose tugize uwo mujyi hagamijwe kumenya ahemerewe kubakisha amatafari ya rukarakara. Byatangajwe kuri uyu wa 4 Ukwakira 2019, ubwo habaga inama yahuje abayobozi mu Mujyi wa Kigali, abubatsi bibumbiye muri sendika yabo (STECOMA) ndetse n'Ikigo cy'igihugu gishinzwe imiturire (RHA), bakaba bavuze ko kugeza ubu nta hantu na hamwe hemerewe kubakishwa ayo matafari mu gihe iryo tsinda ritaratanga raporo. Ibizava muri iyi nyingo bigomba gutangazwa bitarenze uku kwezi […]

todayOctober 5, 2019 21

Post comments (0)

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

0%