Abatera igihugu cyacu ni abiyahuzi – Minisitiri Busingye
Minisitiri w’Ubutabera, Johnston Busingye, avuga ko abatera u Rwanda baturutse hanze yarwo abafata nk’abiyahuzi, cyane ko batera ariko ntibasubireyo kuko inzego z’umutekano ziba ziri maso. bwana busingye Yabivuze kuri uyu wa 24 Ukwakira 2019, ubwo yari yitabiriye ikiganiro cyateguwe na Polisi y’igihugu, kiyihuza n’abanyamakuru ndetse n’izindi nzego, kikaba kigamije kugaragariza Abanyarwanda ibyo urwo rwego rukora mu kurindira abaturage umutekano. Iki kiganiro cyibanze ahanini ku mutekano wo mu muhanda, ariko Minisitiri […]
Post comments (0)