Wari uziko amenyo ya burundu aba ari munsi y’amenyo yo mu bwana, ari byo bishobora kuvamo impingikirane!
Ababyeyi benshi babona abana bamera amenyo ndetse igihe kikagera bakabona arakutse ariko bamwe ntibaba bazi igihe ibyo byombi bibera n’ibyiciro binyuramo. Muri iyi nkuru ikurikira, turabafasha gusobanukirwa n’ibyiciro byo gukuka kw’amenyo n’ingaruka zibaho mu gihe amenyo yo mu bwana adakutse ngo asimburwe n’aya burundu. Umva inkuru irambuye hano:
Post comments (0)